

Kera habaye umusore mwiza warufite ubwenge bwinshi. Yaratuye hafi numusozi wasabyinyo muri gisoro.Niyigaba yarari umuhuga wa Manzi. Manzi wasize ubuzimabwe mutambara yarigamirije kurwanira ubwigege.
Sairinrwi Niyigaba yatahaga arikwiruka, kugira no arye vuba vuba nuko ajane ihene kurisha. nyina yabaga yagiye gupakaza nugatare ho yacururizaga ibirago
Burikoyabaga aragiye, Niyigaba yiyibutsaga ibyoyize kwishuri. Aka nikogakoryo yakoreshaga kugira go atibagirwa ibyo bamwigishije.
Ubwo yabaga aragira, Niyigaba yabonaga bagyenzibe barihamwe numwigisha wo ababyeyi baba baribarabahaye ngabigishe kubara. Kubara yayibigishirizaga mugisayu kugira ngo bandashira umuhate bagataha ntampinduka, kandi ababyeyi babo bari bari kwishra agashirigi gashitse.
Ibyo kuba atari umwe murabo bana ntabyamuteraga ubwoba. Yarazi yuko, nubwo bajaga gusoma mwayomasawa batamutsinda kubera babaga batabishaka numusi nagumwe. bifuzaga ubuzima bye, babaga bashaka kuza kuragira nawe kugira bazotse manoko.
sawa icumi yaratahaga akaja murugo gufasha nyina imirimo. buriko yageraga murugo nyina yamukuritsagayo nagashera. Akamubaza uko umusi wiriwe, hamwe nibyo yize kwishuri. nyina yarushagaho kumwibutsa kariwe mugabo murugo. Nyina yamubwiraga nukuntu ko ise nawe yara fite ubwenge buhebuje. ibi byarushagaho kumwogera imbaraga, kubera ko yashakaga kugirango anezeze nyina hamwe nabasekuruza.
Umusi umwe mukuru wishuri yaje murugo arikuvuga akagare. Abaha inkurunziza yubuyambyi mbigihugu. igihugu chari kiyenje guha ubuyabyi abana bo ababyeyi babo babara nfiriye muntambara yajanye ubuzima byase.
Ataragende ikampala ho babamwemereye kwiga kumashiringi yareta. niyigaba yamnjije yakrabya batobe. arangije nyina yaramwkuye baravungana, amugirinama kubishuko nabakobwa bomumugyi. ntibwantinze, bwarakeye imodoka izakumwakira murugo. asiga batobe nanyina, bo bugusezera namarira menshi yabwiye ko azagaruka kubachugura aragije imisomo.

